Twahawe inshingano kandi twiyemeje gukora neza ibyo twasabwe ndetse no gukora ibirenzeho.

Ejo hazaza hadukwiriye

Murakazaneza muri RSSB, aho turi mu rugendo rw’impinduka no guhanga udushya bigamije kurushahokunoza imikorere y’ikigo cyacu. Twiyemeje bidasubirwaho gushyira abanyamuryangobacu ku isonga muri buri cyemezo dufata no muri buri bikorwa dutegura, kugirango babone serivisi zibagenewe kandi tugire uruhare mu iterambere ry’igihugucyacu. Dufite intego yo kuba icyitegererezo mu gutanga serivisi nziza kubanyamuryango, dukoresha neza ubushobozi, umutungo n’imbaraga dufite mu gutangaserivise z’indashyikirwa n’ibisubizo byizewe ku bibazo bihari. Icyerekezodufitiye RSSB kirasobanutse: kubaka ikigo giteye imbere, cyizewe mu mikorereishingiye ku gukoresha ikoranabuhanga, kandi tukaba isoko yizewe y’imiberehomyiza y’abanyamuryango.
Twiyemejekuba umufatanyabikorwa w’ingenzi mu ishyirwa mu bikorwa rya politiki za Leta,tugatanga umusanzu mu guteza imbere gahunda z’imibereho myiza y’abaturage,ndetse no kuba indashyikirwa ku rwego rw’igihugu n’urwego muzaamahanga mubijyanye na politiki y’ubwiteganyirize n’imibereho myiza y’abaturage. Nk’ikigo gishoraimari ku masoko yatoranyijwe, twiyemeje gukorana ubushishozi no kugira intego zishimangiraguteza imbere ubukungu no guhanga udushya. Dufatanyije namwe, turimo kubaka ejohazaza hadukwiriye, aho imibereho y’abanyamuryango bacu iteka ihora ku isonga ry’inshinganozacu. Murakaza neza mu gihe gishya cyo kubaka ubudashyikirwa n’ubufatanye muri RSSB.
Marcel MUKESHIMANA
Perezidaw’Inama y’Ubutegetsi w’Agateganyo
Ubuyobozi

Menya Abagize Inama y’Ubutegetsi

Marcel MUKESHIMANA
Perezida w’Agateganyo
Yves GATSIMBANYI
Ugize Inama y’Ubutegetsi
Shyaka Patrick MARARA
Ugize Inama y’Ubutegetsi
Prof. Fisseha SENAIT
Ugize Inama y’Ubutegetsi
Kephers USENGE
Ugize Inama y’Ubutegetsi
Dr. Violette AYINGENEYE
Ugize Inama y’Ubutegetsi
Alain NDAYISHIMINYE
Ugize Inama y’Ubutegetsi
Ubuyobozi Bukuru

Menya Abagize Ubuyobozi Bukuru

Regis RUGEMANSHARO
Umuyobozi Mukuru
Michelle UMURUNGI
Umuyobozi Mukuru Wungirije
Dr. Regis HITIMANA
Umuyobozi Mukuru Ushinzwe Inzungu z’Abanyamuryango
Alain NGIRINSHUTI
Umuyobozi Mukuru ushinzwe Inama y’Ubutegetsi na Serivisi z’Amategeko
Lionel NGENDAKURIYO
Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ikoranabuhanga n’Itumanaho
Susan OMAMO
Umuyobozi Mukuru ushinzwe Imicungire y’Abakozi
Lise MUGISHA
Umuyobozi Mukuru ushinzwe gukumira ibihombo
Innocent MURINDABIGWI
Umuyobozi Mukuru ushinzwe Imari n’Imisanzu
Uhawe ikaze

Injira mu mwuga aho buri mbogamizi ihinduka amahirweyo kugira uruhare rufatika mu buzima bw'abandi

Reba Imyanya y’Akazi